Muhazi Dolce Vita ni hoteli nshya iri ku nkengero z’ikiyaga cya Muhazi, mu Karere ka Rwamagana. Yashinzwe n ‘umufaransa witwa Robin Marenco, waje mu Rwanda mu 2023 maze akururwa n’ubwiza bw’igihugu n’umutekano wacyo.
Hoteli yubatswe ku buso bwa hegitari ebyiri, ikaba igizwe n’amazu mato (bungalows) umunani: atandatu y’icyumba kimwe n’andi abiri yagenewe imiryango. Ifite kandi resitora, aho kwakirira abashyitsi n’inzu z’abakozi. Byose byubatswe hakoreshejwe ibikoresho bikomoka mu Rwanda, binyuze mu bufatanye n’ikigo CLEZOL LTD.
👉 Ushaka gusoma inkuru yose, kanda hano: Ibyihariye kuri Muhazi Dolce Vita